Imyidagaduro
Reba IzindiMaranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.
Reba inkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.
Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.
Reba inkuru
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye Bubu wa EAP
Cyusa Ibrahim yatangaje ko amaranye igihe afite agahinda gakomeye ku mutima nyuma yo kunanirwa kwishyura Mushyoma Joseph uzwi nka Bubu, amafaranga bari bemeranyije ngo amuhe ibyuma byifashishijwe mu gitaramo mu 2024.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Urubyiruko rwa FPR muri AUCA rwasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Urubyiruko rubarizwa mu muryango wa FPR INKOTANYI muri Kaminuza ya Adventist University of Central Africa (AUCA) rwasuye u Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, mu rwego rwo guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no gukomeza kwigira ku mateka y’igihugu.
Reba inkuruMaranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
Wari uzi ko umugore ashobora gutwita ntabimenye kugeza agiye kubyara?
‘Cryptic pregnancy’ ni imimerere idasanzwe y’umubiri w’umugore/umukobwa, ibituma ashobora gusama inda ntamenye ko atwite kugeza igize amezi menshi nk’arindwi, ndetse hakaba n’abamenya ko batwite ari uko bagiye kubyara nubwo byo biba gake.
Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Ibikubiye mu masezerano Atlético de Madrid yasinye na Visit Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mata 2025, nibwo ikigo cy'igihugu cy'u Rwanda Iterambere, Rwanda Development Board(RDB), cyatangaje ko u Rwanda rugiye gutangira gukorana na Atletico Madrid muri gahunda ya Visit Rwanda.
Reba inkuru
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba umukino wa nyuma wa Champions League
Umuraperi Bull Dogg yasabye Umukuru w'Igihugu Paul Kagame kumugurira itike akazajya kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu gihe Arsenal FC yaba igeze ku mukino wa nyuma.
Reba inkuru
Mu Rwanda hagiye kubera Iserukiramuco ry’Abafana ba Arsenal
Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival (AAFF) rigiye kubera mu Rwanda muri Kigali Universe rivuye muri Tanzania aho ryabereye umwaka ushize.
Reba inkuru
Khadime Ndiaye yisabiye abafana ba Rayon Sports ikintu kimwe gusa
Umukinnyi w'ikipe ya Rayon Sports ukina mu izamu Khadime Ndiaye yikomye abamaze iminsi bavuga ko yitsindisha kubera aba yahawe amafaranga.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru