Imyidagaduro
Reba Izindi
Maranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere

Maranatha Family Choir  yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.

Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)

Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.

Reba inkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika

Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo

Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.

Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi

Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye  Bubu wa EAP
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye Bubu wa EAP

Cyusa Ibrahim yatangaje ko amaranye igihe afite agahinda gakomeye ku mutima nyuma yo kunanirwa kwishyura Mushyoma Joseph uzwi nka Bubu, amafaranga bari bemeranyije ngo amuhe ibyuma byifashishijwe mu gitaramo mu 2024.

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi