imyidagaduro
Izindi Nkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika

Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Reba inkuru
DJ Ira yabaye Umunyarwandakazi mu buryo budasubirwaho
DJ Ira yabaye Umunyarwandakazi mu buryo budasubirwaho

Iradukunda Grace Divine uzwi nka  DJ Ira uherutse kwemererwa guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda na Perezida Paul Kagame, yabuhawe mu buryo budasubirwaho nyuma yo gukora indahiro y'abahabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda.

Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo

Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.

Reba inkuru
Alikiba yifatanyije  n'Abanyarwanda  muri ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Alikiba yifatanyije n'Abanyarwanda muri ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuririmbyi Ali Saleh Kiba wamamaye nka Alikiba muri muzika, yifatanyije n’Abanyarwanda ndetse n’inshuti z'u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi

Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye  Bubu wa EAP
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye Bubu wa EAP

Cyusa Ibrahim yatangaje ko amaranye igihe afite agahinda gakomeye ku mutima nyuma yo kunanirwa kwishyura Mushyoma Joseph uzwi nka Bubu, amafaranga bari bemeranyije ngo amuhe ibyuma byifashishijwe mu gitaramo mu 2024.

Reba inkuru
Bruce Melodie yongeye kugaragaza inyota yo gutwara Grammy Award
Bruce Melodie yongeye kugaragaza inyota yo gutwara Grammy Award

Ku nshuro ya kabiri Bruce Melodie yongeye kugaragaza ko bidatinze azegukana Grammy Award kimwe mu bihembo bikomeye mu muziki ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro.

Reba inkuru
Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe na album ya Ariel Wayz
Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe na album ya Ariel Wayz

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe; yatangaje ko yumvise indirimbo zigize album y’umuhanzikazi Ariel Wayz zikamunyura, ndetse agaraza izo yakunze.

Reba inkuru
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo

Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.

Reba inkuru
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo

Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.

Reba inkuru
Element yigaramye iby’urukundo ruvugwa hagati ye na Sherrie Silver
Element yigaramye iby’urukundo ruvugwa hagati ye na Sherrie Silver

Element EleéeH yamaganiye kure inkuru zari zitangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zivuga ko uyu muhanzi akaba n’utunganya indirimbo muri 1:55 AM yaba ari mu rukundo n’umubyinnyi wabigize umwuga Sherrie Silver.

Reba inkuru
Umukinnyi wa Filime Killaman ari mu gahinda nyuma yo kwibwa shene ze za Youtube
Umukinnyi wa Filime Killaman ari mu gahinda nyuma yo kwibwa shene ze za Youtube

Umukinnyi wa Filime Niyonshuti Yannick wamamaye ku mazina ya Killaman, ari kurira ayo kwarika nyuma y’uko agabweho igitero n’abamwibye shene ze za ‘Youtube’ yacishagaho filime ze zose.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim Yasabye Urubyiruko Kuzirikana Ubutwari Bwaranze Inkotanyi
Cyusa Ibrahim Yasabye Urubyiruko Kuzirikana Ubutwari Bwaranze Inkotanyi

Cyusa Ibrahim yacyeje ubutwari bw’Inkotanyi mu ndirimbo nshya asabye urubyiruko kuzirikana ubutwari bwaranze Inkotanyi, bityo na bo bagaharanira kugera ikirenge mu cy’ababohoye u Rwanda.

Reba inkuru
Bull Dogg Yakirigise Amarangamutima y'Abakunzi ba Jay Polly
Bull Dogg Yakirigise Amarangamutima y'Abakunzi ba Jay Polly

Bull Dogg yakirigise amarangamutima y'abakunzi b'umuziki wa Hip Hop nyarwanda n'aba Jay Polly.

Reba inkuru
Ngwinondebe Yigaramye Iby'umubano wihariye Bivugwa ko afitanye na Murungi Sabin na Danny Nanone
Ngwinondebe Yigaramye Iby'umubano wihariye Bivugwa ko afitanye na Murungi Sabin na Danny Nanone

Ngwinondebe Josette wavuzwe mu nkuru zirimo kugirana umubano wihariye n'abarimo umuraperi Danny Nanone ndetse n'umunyamakuru Murungi Sabin yamaganiye kure iby'izi nkuru zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu gihe cyashize kugeza n'ubu.

Reba inkuru
Umuraperi Fireman yavuye mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre
Umuraperi Fireman yavuye mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre

Umuraperi Uwimana Fransis wamamaye muri muzika Nyarwanda nka Fireman, yamaze gusezerwa mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre yagezemo muri Mutarama 2025.

Reba inkuru
Mu Mafoto : Ihere Ijisho Uburanga bw’Inkumi Yigaruriye Umutima wa Nel Ngabo
Mu Mafoto : Ihere Ijisho Uburanga bw’Inkumi Yigaruriye Umutima wa Nel Ngabo

Ku wa 18 Werurwe 2025 Nel Ngabo yashyize hanze amafoto ari kumwe n’inkumi yitwa Umulisa ukoresha amazina ya Essy Williamz kuri Instagram, bishyira benshi mu rujijo gusa umubare munini w’abagarutse kuri aya mafoto bagaragaje ko baba bakundana.

Reba inkuru
Izina The Ben na Pamella bise imfura yabo 
Izina The Ben na Pamella bise imfura yabo 

Umuhanzi The Ben na Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, yavukiye mu Mujyi wa Bruxelles mu ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2025 mu bitaro bya “Edith Cavell” .

Reba inkuru
Anne Kansiime Yatangaje ko Yakuyemo Inda Nyinshi Yiga Muri Kaminuza
Anne Kansiime Yatangaje ko Yakuyemo Inda Nyinshi Yiga Muri Kaminuza

Umunyarwenya  Kansiime Anne  yatangaje ko ubwo yigaga muri Kaminuza, yakuyemo inda inshuro nyinshi, kugera ubwo yashakaga kubyara akabanza kubura urubyaro.

Reba inkuru
Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu DJ Irra
Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu DJ Irra

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda Iradukunda Grace Divine ukomoka i Burundi akaba yaramenyekanye nka DJ Irra, mu bijyanye no kuvanga imiziki mu myidagaduro mu Rwanda.

Reba inkuru
Danny Nanone yasabye inzego za Leta kwita ku kibazo cy’abagabo bahohoterwa
Danny Nanone yasabye inzego za Leta kwita ku kibazo cy’abagabo bahohoterwa

Umuraperi Danny Nanone yagaragaje ko hari abagabo bahohoterwa kenshi bagaceceka, akaba asaba inzego zitandukanye za Leta guhagurukira iki kibazo kuko ari kimwe mu bibangamiye benshi ariko  bidakunze kuvugwa cyane.

Reba inkuru