politiki
Izindi Nkuru

Gatsibo: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 21 y’Abatutsi bazize Jenoside
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo mu cyahoze ari Komini Murambi, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 21 yabonetse ndetse indi irimurwa. Ni igikorwa cyabaye ku wa 11 Mata 2025.
Reba inkuru
Abanyarwanda batuye mu Bwongereza bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Abanyarwanda batuye mu Bwongereza ku bufatanye na Ambasade y’u Rwanda, n’abayobozi bo muri iki gihugu n’inshuti z’u Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bibutswa ko amacakuburi ari yo ntandaro ya Jenoside bityo ko nta keza kayo.
Reba inkuru
Intumwa yihariye ya Perezida Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu byerekeye Umugabane wa Afurika, Massad Boulos, ari kumwe n’itsinda rye basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Reba inkuru
Ibiganiro bya RDC na AFC/M23 byo muri Qatar byasubitswe
Ibiganiro byari guhuza intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 byari kubera muri Qatar guhera kuri uyu wa 9 Mata 2025, byasubitswe ku mpamvu zitatangajwe.
Reba inkuru
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda n’Abanyafurika guharanira kubaho byaba ngomba bakabirwanira aho kwemera gupfa nk’isazi
Mu ijambo yavugiye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi mu karere ka Gasabo Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda n’abandi Banyafurika bakwiye guhitamo kurwanira uburenganzira bwo kubaho uko bashaka, cyangwa se bagapfa barenganywa n’ababahitiramo uko babaho.
Reba inkuru
Iyi ntabwo ari filime twarebye, ntabwo ari inkuru twahimbye- Umunyamakuru Isheja avuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyamakuru Isheja Butera Sandrine akaba n'Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, yifashishije imbuga nkoranyambaga ze acyebura urubyiruko, arusaba kumenya amateka y'u Rwanda n'ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuko byarufasha kutayobywa n'abashaka ko u Rwanda rusubira muri ibyo bihe by'icuraburindi.
Reba inkuru
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yabanjirije ibikorwa byo Kwibuka31
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga “Kwibuka International Conference” yabanjirije ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, yagarutse ku ngamba zikwiye gushyirwaho mu kurwanya ko ibyabaye mu Rwanda byazongera kubaho no kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.
Reba inkuru
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Loni mu Karere k’ibiyaga bigari
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye ya Loni mu Karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, bagirana ibiganiro byibanze ku mutekano wo mu Karere no gushyigikira inzira ziri kwifashishwa n’Akarere mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke.
Reba inkuru
Kwibuka31: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Reba inkuru
Umunyepolitike utaripfanaga, inshuti ya ruhago n’abahanzi! Inkuru Alain Mukuralinda asize i musozi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 04 Mata 2025, Ibiro by'Ubuvugizi bwa Guverinoma byatanagje ko Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda yitabye Imana, azize guhagarara k'umutima.
Reba inkuru
Allain Mukuralinda ararembye
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, ari muri Coma kubera uburwayi bwa ‘Stroke’.
Reba inkuru
Hatangajwe inyoborabikorwa izakoreshwa mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yatangaje inyoborabikorwa n’ingengabihe mu gihe u Rwanda n’Isi yose bizaba byibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Reba inkuru
Abarwanyi ba M23 baganiriye n’ingabo za SADC
Abayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baganiriye n’abofisiye bahagarariye abagaba bakuru b’ingabo zo mu bihugu by’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC).
Reba inkuru
M23 yakuye Ingabo zayo mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryavuye mu Mujyi wa Walikale no mu bice biwukikije, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Reba inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Gen Muhoozi yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasoje uruzinduko rw’iminsi itaty yagiriraga mu Rwanda.
Reba inkuru
Afurika Yunze Ubumwe (AU) yishimiye guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yishimiye guhura kwa Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DRC, bahuriye i Doha ku wa 18 Werurwe 2025, bahuzwa n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani.
Reba inkuru
U Rwanda Rwagaragaje Ko Guhagarika Umubano n’u Bubiligi Ntacyo Biri Bwice
Leta y’u Rwanda yagaragaje ko guhagarika umubano n’u Bubiligi ntacyo biri bwice kuko n’ubundi ngo byari ukubeshyanya.
Reba inkuru
"Njyewe nunkubita ku musaya umwe, nugira amahirwe urasigara uri muzima" - Perezida Kagame
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kudakubitwa mu musaya umwe ngo batege undi
Reba inkuru
Abifuza guhindurirwa amafoto ari ku ndangamuntu adasa n'uko bateye ubu, bashyiriweho uburyo bwo kuyahindura
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) yagaragaje ko abifuza guhindura ifoto iri ku ndangamuntu babyemerewe
Reba inkuru
Amerika: Abimukira ibihumbi 32 bafunzwe mu minsi 50 ya mbere y’ubutegetsi bwa Trump
Raporo y’Ishami ry’ibiro bishinwe abinjira n’abasohoka muri Amerika, Immigration and Customs Enforcement (ICE), igaragaza ko iri shami ryataye muri yombi abimukira 32,000 mu minsi 50 ya mbere ya manda ya Donald Trump.
Reba inkuru
Leta ya Congo yemeye ibiganiro biyihuza na AFC/M23.
Perezidansi ya Repubulika ya Angola yatangaje ko mu minsi iri imbere i Luanda hazabera ibiganiro bihuza umutwe wa M23 na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Reba inkuru