imikino
Izindi Nkuru
Abanya-Kigali bungutse aho kwidagadurira binyuze mu mikino n'imyidagaduro itandukanye
Abanya-Kigali bungutse aho kwidagadurira binyuze mu mikino n'imyidagaduro itandukanye

Umujyi wa Kigali ukomeje kwaguka uko bukeye n’uko bwije ndetse n’ibikorwaremezo byiyongera buri munsi yaba ibya leta cyangwa iby’abandi bashoramari bigenga.

Reba inkuru
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi

Rutahizamu w’umunya-Ghana wakiniye Rayon Sports igihe kitari gito, Michael Sarpong yatereye ivi inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeranya kubana.

Reba inkuru
Akavuyo kari mu mikino y’amahirwe mu Rwanda kazakemurwa nande ?
Akavuyo kari mu mikino y’amahirwe mu Rwanda kazakemurwa nande ?

Mu Rwanda hakomeje kuza ibigo byinshi bitanga serivisi zirimo ibijyanye no gukina imikino y’amahirwe gusa ibi bigo ntibimara kabiri, biraza bigakorerera amafaranga  nyuma y’igihe gito ukumva ngo byafunze imiryango.

Reba inkuru
Isomwa ry’urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ryasubitswe
Isomwa ry’urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ryasubitswe

Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry’Urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.

Reba inkuru
RIB igiye gutangiza ikipe y'umupira w'amaguru
RIB igiye gutangiza ikipe y'umupira w'amaguru

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru mu gihe cya vuba.

Reba inkuru
APR FC yananiwe kwikura i Musanze, Rayon Sports ibona insinzi itaherukaga
APR FC yananiwe kwikura i Musanze, Rayon Sports ibona insinzi itaherukaga

Shampiyona yagarutse

Reba inkuru
Ibikubiye mu masezerano Atlético de Madrid yasinye na Visit Rwanda
Ibikubiye mu masezerano Atlético de Madrid yasinye na Visit Rwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mata 2025, nibwo ikigo cy'igihugu cy'u Rwanda Iterambere, Rwanda Development Board(RDB), cyatangaje ko u Rwanda rugiye gutangira gukorana na Atletico Madrid muri gahunda ya Visit Rwanda.

Reba inkuru
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba umukino wa nyuma wa Champions League
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba umukino wa nyuma wa Champions League

Umuraperi Bull Dogg yasabye Umukuru w'Igihugu Paul Kagame kumugurira itike akazajya kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu gihe Arsenal FC yaba igeze ku mukino wa nyuma.

Reba inkuru
Mu Rwanda hagiye kubera Iserukiramuco ry’Abafana ba Arsenal
Mu Rwanda hagiye kubera Iserukiramuco ry’Abafana ba Arsenal

Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival (AAFF) rigiye kubera mu Rwanda muri Kigali Universe rivuye muri Tanzania aho ryabereye umwaka ushize.

Reba inkuru
Khadime Ndiaye yisabiye abafana ba Rayon Sports ikintu kimwe gusa
Khadime Ndiaye yisabiye abafana ba Rayon Sports ikintu kimwe gusa

Umukinnyi w'ikipe ya Rayon Sports ukina mu izamu Khadime Ndiaye yikomye abamaze iminsi bavuga ko yitsindisha kubera aba yahawe amafaranga.

Reba inkuru
Irushanwa rya BAL ryifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Irushanwa rya BAL ryifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryifatanyije n’u Rwanda n’inshuti zarwo mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Reba inkuru
Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda mu bihe byo #Kwibuka31
Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda mu bihe byo #Kwibuka31

Ikipe ya Arsenal FC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza (Premier League) yafashe mu mugongo Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Reba inkuru
Guverinoma y’u Rwanda Yemeje Urupfu rwa Alain Mukuralinda
Guverinoma y’u Rwanda Yemeje Urupfu rwa Alain Mukuralinda

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda ryasohotse mu gitondo cyo ku wa 4 Mata 2025 ryemeje amakuru yari yaraye yandikwa hirya no hino avuga ko Alain Mukuralinda umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda yatabarutse.

Reba inkuru
Sadate azakura he miliyari 5 Frw zo kugura Rayon Sport?
Sadate azakura he miliyari 5 Frw zo kugura Rayon Sport?

Imwe mu nkuru ikomeje kurikoroza mu mupira w’amaguru mu Rwanda, ni iy’ubutumwa Munyakazi Sadate yashyize ku rukuta rwe rwa X mu gitondo cyo kuri uyu wa 03 Mata 2025, agaragaza ko ashaka kugura Ikipe ya Rayon Sports ku kiguzi cya Miliyari 5 Frw.

Reba inkuru
Umutoza wa Real Madrid yasabiwe igifungo cy'imyaka 4 kubera kutishyura imisoro
Umutoza wa Real Madrid yasabiwe igifungo cy'imyaka 4 kubera kutishyura imisoro

Kuri uyu wa gatatu Carlo Ancelotti utoza ikipe ya Real Madrid yo muri Esupanye yasabiwe gufungwa imyaka 4 n'amezi icyenda kubera ko hagati ya 2014 na 2015 ashinjwa kuba atarishyuye imisoro ingana na miliyoni imwe y'Amayero.

Reba inkuru
Abatoza bo muri Afurika bahembwa menshi bananiwe kwitwara neza
Abatoza bo muri Afurika bahembwa menshi bananiwe kwitwara neza

Mu gihe muri uku kwezi hakinwe imikino ibiri mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026, hari abatoza bitwaye nabi kandi bari mu bahembwa menshi n'ibihugu batoza.

Reba inkuru
Harry Kane yikomye abapanga imikino y'ibihugu
Harry Kane yikomye abapanga imikino y'ibihugu

Rutahizamu w'ikipe y'igihugu y'Ubwongereza Harry Kane yikomye abapanga imikino y'ibihugu avuga ko batajya baha agaciro abakinnyi.

Reba inkuru
FIFA yatangaje ibihembo bizatangwa mu gikombe cy’Isi cy’amakipe
FIFA yatangaje ibihembo bizatangwa mu gikombe cy’Isi cy’amakipe

Guhera tariki 15 Kamena kugera tariki 13 Nyakanga, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hazabera igikombe cy’Isi gihuza amakipe yitwaye neza ku migabane aturukaho. FIFA yatangaje ko Miliyari y’amadorari izakoreshwa mu guhemba ayo makipe.

Reba inkuru
Jean Lambert Gatare yitabye Imana
Jean Lambert Gatare yitabye Imana

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 21 Werurwe 2025 aguye mu bitaro byi mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza.

Reba inkuru
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame Bitabiriye Umukino w'Amavubi na Nigeria
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame Bitabiriye Umukino w'Amavubi na Nigeria

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame ni bamwe mu bitabiriye umukino wahuje ikipe y'igihugu y'u Rwanda na Nigeria wabereye muri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Werurwe 2025.

Reba inkuru
11 ba Super Eagles bashobora kubanzamo bahura n'Amavubi y'u Rwanda
11 ba Super Eagles bashobora kubanzamo bahura n'Amavubi y'u Rwanda

Ku isaha ya saa kumi n'ebyiri kuri Stade Amahoro ikipe y'igihugu ya Nigeria irakirwa n'U Rwanda mu mukino wa gatanu mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026.

Reba inkuru