ubuzima
Izindi Nkuru
U Bwongereza: Bwa mbere umugore wavutse atagira nyababyeyi yabyaye
U Bwongereza: Bwa mbere umugore wavutse atagira nyababyeyi yabyaye

Ku nshuro ya mbere mu mateka y'ubuvuzi, umugore wo mu Bwongereza utaravukanye nyababyeyi, yabyaye umwana nyuma yo guterwamo iy'umuvandimwe we.

Reba inkuru
U Rwanda ryacyiye inama yiga ku guteza imbere amasomo y’ubuvuzi muri Afurika
U Rwanda ryacyiye inama yiga ku guteza imbere amasomo y’ubuvuzi muri Afurika

U Rwanda rwakiriye inama y’iminsi ibiri yiga ku guteza imbere amasomo y’ubuvuzi muri Afurika, yitabiriwe n’abasaga 600 baturutse cyane cyane muri kaminuza zo mu bihugu byiganjemo ibyo kuri uyu mugabane.

Reba inkuru
Wari uzi ko hari indwara ituma abagabo basohora amaraso nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina?
Wari uzi ko hari indwara ituma abagabo basohora amaraso nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina?

Hematospermia ni indwara yibasira abagabo n’abasore, ituma uyirwaye abona amaraso mu masohoro ye nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina.

Reba inkuru
Wari uzi ko hariho indwara yo gutinya kugira ibyishimo?
Wari uzi ko hariho indwara yo gutinya kugira ibyishimo?

‘Cherophobia’ ni indwara y’ubwoba ituma umuntu atinya kwishima, kuko aba atekereza ko ibyo byishimo birakurikirwa n’akaga cyangwa umubabaro mwinshi.

Reba inkuru
"Umutima wanjye uranyuzwe"  Imbamutima za Ariel Wayz nyuma yo kumurika  album nshya
"Umutima wanjye uranyuzwe" Imbamutima za Ariel Wayz nyuma yo kumurika album nshya

Umutima wa Ariel Wayz wuzuye amashimwe nyuma yo gushyira hanze album ye ya mbere yise "Hear To Stay" igizwe n'i indirimbo 12 zirimo eshatu yakoranye n'abahanzi batandukanye barimo Kivumbi King, Angel Mutoni na Kent Larkin.

Reba inkuru
Nigeria: Umwihariko wa John Amanam ukora insimburangingo z’abirabura
Nigeria: Umwihariko wa John Amanam ukora insimburangingo z’abirabura

John Amanam ni umunyabugeni wo muri Nigeria umaze kubaka izina ku mbuga nkoranyambaga, kubera gukora inyunganirangingo n’insimburangingo zikozwe mu buryo buhambaye (hyper-realistic prosthetics), cyane cyane yita ku zambarwa n’abirabura ku buryo zisa neza n’uruhu rwabo kandi zikabakwira neza ku buryo bigoye kureba umuntu ukamenya ko ayambaye.

Reba inkuru